Referral Program

Waruziko ushobora gukorera amafaranga mu buryo bworoshye na Quick Homes Rwanda?

Gahunda yacu yo gusangira amakuru igufasha gukorera amafaranga 2,000RWF kuri buri makuru y’umutungo ugurishwa cg ukodeshwa muri Kigali uduhaye. Icyo ukeneye gukora gusa ni ukuzuza iyi form hanyuma mugihe kidatinze ukibonera igihembo cyawe.

Tangira uyu munsi!

Did you know you can make quick and easy money with Quick Homes Rwanda?

Our referral program allows you to earn 2,000RWF for each lead you bring in by simply showing properties available in Kigali. All you have to do is fill out the form below with the required information, and you’ll receive your 2,000RWF payment.

Start today and get ready for an exciting journey!

Referral Form

Amategeko n'amabwiriza/ Terms and conditions:

- Amakuru muduha tugomba kuyagenzura nyuma y'uko muyohereje akemezwa kugirango mubashe kubona igihembo cyanyu.

- Inzu cg ibibanza muturangira bigomba kuba biherereye i Kigali gusa.

- Inzu cg ikibanza mutwereka bigomba kuba bitari kurubuga rwacu cg bitatanzwe n'undi muntu, muri icyo gihe uwatanze amakuru mbere niwe uhembwa.

- Numero za telephone cg email bya nyiri inzu cg ubutaka bigomba kuba ari ukuri kandi biri kumurongo.

- UPI number muduha zigomba kuba zihuye n'amazina yanyiri ubutaka/inzu.

- Igihe duhamagaye nyiri ubutaka cg inzu ntitumubone kuri numero mwaduhaye cg akatubwirako amakuru mwaduhaye atari ukuri ntabwo muzishyurwa igihembo kigenwe.

- Igihembo kigenwe cyishyurwa kuri numero mwaduhaye muri iyi form.

- Igihembo cyishyurwa mu gihe kitarenze iminsi 3 muduhaye amakuru.

 

Amategeko n'amabwiriza birakurikizwa.

 

Terms and conditions apply